Ibintu bishobora gufata indi ntera || Ikiganiro na Dr J.Paul Kimonyo kuri Raporo ya Komisiyo Duclert

IGIHE 2023-12-30

Views 1

Hashize iminsi mike u Bufaransa bushyize hanze raporo nshya igaragaza uruhare rwabwo muri  Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 na mbere yayo. Ni raporo yaje itegerejwe na benshi nyuma y’imyaka 27 y’igihu  ku ruhare rw’icyo gihugu muri Jenoside.

Iyi raporo nshya yitiriwe ‘Duclert’ wari uyoboye Komisiyo yayikoze, yakiranywe yombi n’u Rwanda, gusa isiga impungenge mu bashakashatsi kuko hari ingingo zimwe na zimwe iruma ihuha nka Opération Turquoise, ihanurwa ry’indege ya Habyarimana n’ibindi.

IGIHE yaganiriwe na Dr Kimonyo Jean Paul, inzobere muri politiki wigeze no kuba umujyanama mu biro bya Perezida Kagame mu bijyanye na Politiki.

Yagarutse ku kizakurikira iyi raporo, ahazaza h’umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa, ibyo ayinenga n’ibindi.

-----------------------------
Camera: Uwacu Lizerie
Editing: Uwacu Lizerie

Subscribe: https://www.youtube.com/IgiheTV?sub_confirmation=1
Facebook: https://web.facebook.com/igihe
DailyMotion: https://www.dailymotion.com/igihetelevision
Twitter: https://twitter.com/IGIHE
Instagram: https://www.instagram.com/igiheofficial
Flickr: https://www.flickr.com/photos/igihepictures/
Website: http://igihe.com/

#IGIHE #Rwanda

Share This Video


Download

  
Report form
RELATED VIDEOS